Umusesenguzi kuri politike ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo avuga ko gusubira muri icyo gihugu kwa Joseph Kabila wahoze ari Perezida, akajya mu gice kigenzurwa n'inyeshyamba za M23 zirwanya ...
U Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bashyize umukono ku masezerano y'amahoro "yanditse amateka", agamije kurangiza intambara imaze imyaka igera hafi kuri 30 mu burasirazuba bwa Congo, ...